Nyuma y'aho ikipe ya Milan AC izamuriye igikombe scudetto cyo mu butariani ndetse n'umwaka wa shampiona i burayi ukarangira ,ubu kiba ari igihe abakinnyi bajya mu biruhuko ngo bashyire ubwenge ku gihe. Pato we yahisemo kujyana n'umwana wa boss we Berlusconi ,Barbara Berlusconi mu biruhuko.
Pato n'umwana wa boss mu biruhuko
Ubu Alexandre Pato na Barbara Berlusconi ntibarekurana. Uyu munya bresil ukina muri AC Milan n'umukobwa wa minisitiri w'intebe w'ubutariani akaba na nyiri iyi kipe ya AC Milan bari i Esmeralda, muri Sardaigne,ikirwa kiri mu nyanja ya Mediterane.
jeudi, juillet 28, 2011
PATO YAHIRIWE N'IBIRUHUKO N'UMWANA WA BOSS WE
LIZARAZU YAMBAYE UKURI NKUKO YABISEZERANYE
Nkuko aho imfura zisezeraniye ariho zihurira Bixente Lizarazu,yarI yarasezeranye ko niba ikipe ya Evian TG izamutse mu cyiciro cya mbere mu bufransa azambara ukuri none yarawuhiguye.
Nguyu Lizarazu yambaye ukuri
Uyu mugabo wari mu ikipe y'ubufransa mu 1998 yatwaye igikombe cy'isi , iyi kipe ye yahise isinyisha Jérôme Leroy na Sidney Govou izajya ihatana n'ibigugu byo muri ligue 1 nka ka Lille, Lyon, Marseille na PSG muri uyu mwaka wa shampiona.
Uyu mugabo akaba yarazengurutse igorofa rya 5 muri hôtel Royal gusa akaba yari yakingirije ubugabo bwe urupapuro rwanditseho mu mpine amazina y'ikipe ye.
Hari abandi batahiriwe no kwambara ukuri besa imihigo nka Maradona ubwo yasezererwaga mu gikombe cy'isi mu 2010 cyaberaga muri Africa y'epfo n'umutegarugori Larissa Riquelme uyu we yafanaga Paraguay muri copa america 2011.
Gufana biragwira
Nguyu Lizarazu yambaye ukuri
Uyu mugabo wari mu ikipe y'ubufransa mu 1998 yatwaye igikombe cy'isi , iyi kipe ye yahise isinyisha Jérôme Leroy na Sidney Govou izajya ihatana n'ibigugu byo muri ligue 1 nka ka Lille, Lyon, Marseille na PSG muri uyu mwaka wa shampiona.
Uyu mugabo akaba yarazengurutse igorofa rya 5 muri hôtel Royal gusa akaba yari yakingirije ubugabo bwe urupapuro rwanditseho mu mpine amazina y'ikipe ye.
Hari abandi batahiriwe no kwambara ukuri besa imihigo nka Maradona ubwo yasezererwaga mu gikombe cy'isi mu 2010 cyaberaga muri Africa y'epfo n'umutegarugori Larissa Riquelme uyu we yafanaga Paraguay muri copa america 2011.
Gufana biragwira
vendredi, juillet 22, 2011
COPA AMERICA IRASIGA AMATEKA YO GUFANA
ubu Larissa Liquerme afite amahirwe 50% yo kwesa umuhigo yahize ko nibatwara iki gikombe aereka abakinnyi ubwambure bwe.
uyu ni umusogongero wibizaba ku mukino wa nyuma
Uyu mukobwa ni ubwa gatatu ahiga gusa ubundi ntibyamuhiraga ,niwe muntu werekana imyenda muri Paraguay winjije amafranga menshi mu 2010.
uyu ni umusogongero wibizaba ku mukino wa nyuma
Uyu mukobwa ni ubwa gatatu ahiga gusa ubundi ntibyamuhiraga ,niwe muntu werekana imyenda muri Paraguay winjije amafranga menshi mu 2010.
CHRISTIANO YITIRANIJE AMAZI N'UBURIRI
Nyuma yo guca agahigo k'ibitego byinshi muri shapiona la liga ya Hispania, Christiano Ronaldo na Irina bari mu biruhuko bari kwitiranya amazi n'uburiri.
Christiano na Irina batera akabariro
Gusa ubu batangiye kwitiranya aho bashobora gukorera urukundo rwabo .Aha ni ku musenyi mu biruhuko muri Portugal maze urukumbuzi rubasaze bahitamo guterera akabariro ku karubanda.
Christiano na Irina batera akabariro
Gusa ubu batangiye kwitiranya aho bashobora gukorera urukundo rwabo .Aha ni ku musenyi mu biruhuko muri Portugal maze urukumbuzi rubasaze bahitamo guterera akabariro ku karubanda.
Inscription à :
Articles (Atom)




